Guhangana n’izamuka ry’ibiciro: BNR yazamuye inyungu fatizo kugera kuri 8.25%
Banki Nkuru y’u Rwanda ( BNR ) yafashe icyemezo cyo kuzamura inyungu fatizo (repo rate) iyikuye kuri 7.25% ikayishyira kuri 8.25% (inyong...
Isoko y'amakuru yizewe kandi agezweho
Banki Nkuru y’u Rwanda ( BNR ) yafashe icyemezo cyo kuzamura inyungu fatizo (repo rate) iyikuye kuri 7.25% ikayishyira kuri 8.25% (inyong...
Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga zidasanzwe mu gukuraho icyuho cy’amashanyarazi mu gihugu, aho yongeye gushora miliyoni 300...
Nka kimwe mu bimenyetso bikomeye byerekana ko u Rwanda ruri mu nzira nshya yo kwigira no gukura amaso ku nkunga z’amahanga, Abasenateri ba...
Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD Plc) yanditse amateka mashya mu rugamba rwo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, nyuma yo gusinyana a...
Inama ya Africa CEO Forum ikomeje kubera i Kigali, yagaragaje ko ari urubuga rw’ishoramari rishingiye ku bikorwa bifatika. Ku munsi wa m...
Mu gihe isi itumbiriye amakimbirane ya gisirikare, hari urundi rugamba rukomeye ruri kubera mu mibare n’inganda hagati ya Leta Zunze Ubumw...
Mu rwego rwo kugabanya igihombo cy’umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi mbere yo kugezwa ku masoko mpuzamahanga, Ikigo NAEB cyateganyije gushor...
Mu rwego rwo gushyigikira iterambere ry’icyaro, Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD PLC) yatangije ku mugaragaro serivisi z’imari zizajya ...
U Rwanda rwatangiye kwakira abakuru b’ibihugu n’aba guverinoma bitabiriye inama mpuzamahanga ya Africa CEO Forum izabera i Kigali ku nshuro...
Mu nama y’amateka iri kubera i Nairobi muri Kenya, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje umushinga mugari w’ishoramari rya mi...
Minisitiri Yusuf Murangwa yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya 2026-2027, agaragaza ko ubukungu bw...
Icyizere cy’uko intambara imaze amezi abiri n’igice hagati ya Amerika na Iran ishobora guhagarara cyayoyotse kuri uyu wa 10 Gicurasi 2026....
Guverinoma y’u Rwanda binyuze mu Kigo RAB, ikomeje gushyira imbaraga mu bushakashatsi ku bwoko bushya bw’imizabibu bugamije ubucuruzi n’in...
Nubwo mu mwaka wa 2025 u Rwanda rwejeje toni zirenga miliyoni 884 z'ibirayi (izamuka rya 17% ugereranyije na 2024), ibiciro ku masoko ...
Inzozi z’u Rwanda zo kugera ku nyanja mu buryo bwihuse kandi budahenze zigiye kuba impamo. Umuhanda wa gari ya moshi wa kilometero 571 uza...
Muri gahunda yo gushaka ibisubizo birambye ku bibazo by’ingufu n’ikoranabuhanga, u Rwanda rwatumiye igihugu cy’u Buhinde kuzitabira inama ...
Raporo nshya ya NISR yerekanye ko izamuka ry’ibiciro mu Rwanda rikomeje kwihuta, dore ko mu kwezi kwa Mata 2026 byazamutseho 13% ugererany...
Umushinga w’indashyikirwa wo gukura gazi méthane mu Kiyaga cya Kivu ukayihinduramo gazi yo gutekesha n’ikoreshwa mu binyabiziga ugeze mu n...
U Rwanda ruri kongera kugaragaza icyerekezo cyarwo mu ikoranabuhanga ku rwego mpuzamahanga, nyuma yo gutanga kandidatire yo kuguma mu nam...
Mu gihe Afurika ikomeje guhangana n’ikibazo cy’abantu benshi badafite amashanyarazi, World Bank yatangije umushinga munini wiswe Mission 3...
Ikigo Mpuzamahanga Gishinzwe Ingufu za Nucléaire ( IAEA ) cyasohoye raporo nshya nshirana itakamba, kigaragaza impungenge zikomeye z’uko c...