Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Perezida wa Repubulika.

Published from Blogger Prime Android App
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Perezida wa Repubulika, aho abujuje ibisabwa ari Paul Kagame w’Umuryango FPR Inkotanyi, Philippe Mpayimana wigenga na Frank Habineza w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda.

Manirareba Herman, Barafinda Sekikubo Fred, Habimana Thomas, Rwigara Diane, Mbanda Jean na Hakizimana Innocent ntabwo bujuje ibisabwa, bityo ntabwo bashyizwe kuri uru rutonde rw’agateganyo.

Dore ibyo abakandida batemerewe batari bujuje


Herman Manirareba

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko atatanze Lisiti y’abantu 600 bemerewe gutora bashyigikiye kandidatire ye.

Hakizimana Innocent


Hakizimana Innocent ntiyujuje abantu nibura 12 bafatiye ikarita ndangamuntu mu Karere ka Nyagatare na Gatsibo bari no kuri Lisiti y’Itora y’utwo turere.

Mu Karere ka Nyagatare, Gatsibo, Kirehe harimo nimero z’ikarita ndangamuntu z’abamushyigikiye zirimo zimwe zitari zo, izindi zitabaho ndetse n’izidahuye n’amazina ari kuri lisiti yatanze.

Perezida wa NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje kandi ko mu basinyiye Hakizimana Innocent, hari abagaruka kuri lisiti irenze imwe nyamara imikono yabo itandukanye.

Hari kandi abagaragara kuri Lisiti y’abamushyigikiye bemeza ko batamusinyiye.

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Nigeria: Abantu 18 bahitanywe n'igitero cy'ubwiyahuzi abandi 30 barakomereka

Abayobozi baravuga ko byibuze abantu 18 bishwe abandi 30 barakomereka mu iturika ritandukanye ry’ibisasu ryahitanye abantu muri Leta ya Born...

Powered by Blogger.