Gufasha Cuba biri mu byaha Trump aziza Venezuela
Perezida Donald Trump yavuze ko Venezuela yahaga amafaranga menshi igihugu cya Cuba na cyo kikayiha abarinda umutekano. Yagize ati “Cuba yab...
Isoko y'amakuru yizewe kandi agezweho
Perezida Donald Trump yavuze ko Venezuela yahaga amafaranga menshi igihugu cya Cuba na cyo kikayiha abarinda umutekano. Yagize ati “Cuba yab...
Umuvugizi w’Agateganyo w’Ingabo za Uganda (UPDF), Colonel Chris Magezi, yemeje ko umutekano watangiye gukazwa mu Murwa Mukuru Kampala, arik...
Umunyarwandakazi witwa Uwumuhoza Violette yaguye muri kasho ya Polisi mu mujyi wa Arusha mu gihugu cya Tanzaniya, aho yari afungiwe. Uyu mug...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zarekuye Abarusiya babiri bari mu itsinda ry’abari b...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izajya yohereza muri Amerika utugunguru tw’ibikomoka kuri...
Nyuma y’iminsi mike Israel itangaje ko yemeye Somaliland nk’igihugu, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wayo, Gideon Saar, yagiriye uruzindu...
Imirwano ikomeye irimo Kubica hagati ya AFC/M23 n’inyeshyamba za Wazalendo zo mu mutwe wa CMC-FDP, zikorana bya hafi n’inyeshyamba z’Abanya...
Abasirikare bakwirakwijwe hirya no hino mu mihanda y’umurwa mukuru Dhaka muri Bangladesh ngo bahoshe imyigaragambyo, imihanda irafungwa na m...
Mu Bushinwa, umugabo yakurikiranye umugore we yakekaga ko amuca inyuma akurikije imyitwarire idasanzwe yamubonanaga, maze aza kumufata yif...
Abantu 16 bahitanywe n’inkongi y’umuriro yabereye mu nyubako y’ubucuruzi iri mu mujyi wa Zigong mu Ntara ya Sinchuan mu majyepfo y’ubureng...
Hari hashize ibyumweru bibiri Kenya isa nk’iri mu gahenge, nyuma y’uko urubyiruko rugabanyije imyigaragambyo rwakoraga imaze guhitana abaren...
Abanyeshuri 400 bo muri kaminuza zitandukanye muri Bangladesh bamaze gukomerekera mu myigaragambyo yamagana gahunda ya Leta kuzigamira akazi...
Mu gihugu cy’Afurika y’Epfo hadutse inkongi y’umuriro yaguyemo abantu batandatu barimo n’abateje iyo nkongi. Iyi nkongi yadutse kuri uyu wa ...
Ku Cyumweru, itariki ya 14 Nyakanga 2024, Abagororwa 85 batorotse Gereza Nkuru ya Manono, iherereye mu Ntara ya Tanganyika muri Repubulika y...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Uganda ibisobanuro ku bufasha ingabo zayo (Uganda) zishinjwa guha umutwe witw...
Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Nyakanga, Inteko Ishinga Amategeko ya Gambia yanze umushinga w’itegeko wari kurangiza itegeko ribuza gukata ib...
Umukambwe Donald Trump, yemejwe nk’umukandida uzahagararira ishyaka ry’Abarepubulikani. Byemejwe mu nama yateranye ku munsi w’ejo, aho azaba...
Umugore witwa Susan Namuganza w’imyaka 34 wo muri Uganda, yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo gukata imyanya y’ibanga y’umugabo we P...
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bayo barimo Wazalendo, SADC n’ingabo z’abarndi,bongeye ku...
Polisi yo mu gihugu cya Nigeria mu mujyi wa Lagos yatangaje ko hari umupolisi watawe muri yombi nyuma yo gushinjwa icyaha cyo gufata ku ng...
KAMPALA – Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye umuburo ukomeye ugenewe abaturage bayo bari muri icyo gihugu, nyum...