Byagenda bite uramutse uretse kunywa amazi? Ukuri gutangaje ku cyo amazi amarira umubiri wawe
Hari ibintu umuntu akora buri munsi atabanje kubiha agaciro. Kunywa amazi ni kimwe muri byo. Akenshi abantu banywa soda, icyayi, ikawa c...
Isoko y'amakuru yizewe kandi agezweho
Hari ibintu umuntu akora buri munsi atabanje kubiha agaciro. Kunywa amazi ni kimwe muri byo. Akenshi abantu banywa soda, icyayi, ikawa c...
Imibonano mpuzabitsina ni ingingo ikunze kwirindwa mu biganiro rusange, nyamara igira uruhare rukomeye mu buzima bw’abantu, haba ku mubir...
U Mugabane w’ U Burayi uri mu rugendo rwo kwigenga mu by’ikoranabuhanga, ugamije kugabanya kwishingikiriza kuri sosiyete zikomeye zo mur...
Guverinoma ya Tanzania yafashe icyemezo cyo guhagurukira abakozi bo mu rwego rw’ubuzima bakomeje kurenganya abagore batwite babaka amafara...
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu, Rwanda Energy Group , yatangaje ko hari ibura ry’amashanyarazi riteganyijwe mu turere dutandukanye t...
Nyuma y’ukwezi kwa Mata kwasize imvura nyinshi mu bice bitandukanye by’igihugu, Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe (Meteo Rwanda) cyatangaje k...
Kubyara ni ibyishimo bikomeye, ariko ni n'igihe umubiri w'umugore uba ukeneye kwitabwaho mu buryo bw’umwihariko. Ishami ry’Umuryango...
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko yatangiye gutegura gahunda ikaze yo gukumira abana bafite imyaka 16 kumanura ...
Ikigo cy’ikoranabuhanga cya X Corp cyatangaje ko cyashyize hanze application nshya yitwa XChat , ikaba ije koroshya itumanaho hagati y...
Minisitiri w’Intebe wa Israel , Benjamin Netanyahu , yatangaje ko ubuzima bwe bwifashe neza nyuma yo kuvurwa indwara ya kanseri ya prostate...
Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali ( CHUK ) byatangaje ko byasoje gahunda y’icyumweru idasanzwe, aho abantu 42 babazwe hagamijwe gukosora ineng...
Uruganda rwa Karex rwo muri Malaysia, rwihariye igice kinini cy’isoko ry’udukingirizo ku Isi, rwatangaje ko rugiye kuzamura ibiciro byatwo ...
Mu gihe ihangana mu isanzure rikomeje gufata intera nshya, u Bushinwa bwafashe umwanzuro wo kubaka umujyi wihariye utazaturmowamo n'abat...
Mu Mujyi wa Goma, ubugizi bwa nabi bushingiye ku bihuha n’ubujiji bukomeje gufata intera iteye inkeke. Kuri uyu wa Gatandatu, mu gace ka Ndo...
Ikigo Netflix cyashyize hanze filime nshya y’inyandiko (documentaire) yitwa “Rwanda’s Mountain Gorillas” , igaruka ku buzima n’imibereho...
Mu gihe mu Rwanda hagiyeho ibiciro bishya bya peteroli, mu mahanga ho ibintu byafashe indi sura ikomeye. Sosiyete y’indege y’Abadage, Luftha...
Inkuru iri gukwirakwira cyane ku mbuga nkoranyambaga ivuga ko Iran yakoresheje satelite y’u Bushinwa mu gutata no kugaba ibitero ku birin...
Afurika ni umwe mu migabane ikungahaye cyane ku mateka, imico n’umutungo kamere udasanzwe. Uyu mugabane utuwe n’abaturage barenga miliyari ...
Amakuru mashya yatangajwe n’ikinyamakuru BRICS News kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mata 2026, aremeza ko ikigo cy’ubutasi cya Amerika (C...
Ubushakashatsi bushya bwashyizwe hanze ku wa 9 Mata 2026, n’abahanga muri Kaminuza ya Michigan na Texas muri Amerika, bwerekanye ishusho i...
Ku wa 12 Gicurasi 2026, Umurwa Mukuru wa Uganda, Kampala, uzaba utegereje kwakira abashyitsi b’imena baturutse impande zose z’isi mu muhan...