Euro2024: U Butaliyani bwaraye busezerewe n'Ubusuwisi ku bitego 2:0
Ikipe y’Igihugu y’u Busuwisi yabonye itike ya 1/4 cy’Irushanwa ry’Igikombe cy’u Burayi yo gusezerera u Butaliyani bufite Igikombe giheruka ...
Ikipe y’Igihugu y’u Busuwisi yabonye itike ya 1/4 cy’Irushanwa ry’Igikombe cy’u Burayi yo gusezerera u Butaliyani bufite Igikombe giheruka ...
Perezida Paul Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro ku wa Mbere, tariki ya 1 Nyakanga nk’uko byemejwe na Minisiteri ya Siporo. Ibi byat...
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije umukinnyi wo hagati w’Umurundi, Rukundo Abdul Rahman wakiniraga Amagaju FC. Mu gitondo cyo k...
Niyonzima Olivier Seif wari uri mu biganiro na Rayon Sports yongeye kuyigarukamo nyuma y’imyaka igera kuri itanu ayivuyemo. Seif yagarutse m...
Nyuma yo guhesha Police FC igikombe cy’Amahoro cya 2024, abatoza barimo Mwambari Serge na Higiro Thomas bahise batandukana n’iyi kipe ku bw’...
Nyuma yo gusoza shampiyona ntibishyurwe ibirarane by’akanozangendo bagombwaga, abasifuzi bo mu cyiciro cya Mbere n’icya Kabiri muri shampiyo...
Ikipe ya APR FC na Simba Sports Club yo muri Tanzania, zigiye guhurira mu mukino wa gicuti uteganyijwe mu kwezi kwa Kanama. Ni umukino utega...
Umukinnyi w’umunyarwanda Hakim Sahabo ukinira Standard de Liege yo mu Bubiligi arifuzwa na Leicester City yo muri shampiyona y’ikiciro cya m...
Umukinyi wa As Kigali ifashwa n’umugi wa Kigali yasohowe mu nzu yakodeshaga azira kutishyura gusa yanze kuyisohokamo. Félix Koné ukomoka mur...
Police FC ni yo igomba gucakirana na APR FC mu mukino wo gufungura kumugaragaro Stade Amahoro yari imaze imyaka irenga 2 ivugururwa, ni nyum...
Nyuma y’urukundo yakomeje kugaragariza ikipe ya Mukura VS n’ikipe y’Igihugu, Amavubi, Mukanemeye Madeleine uzwi nka ‘Mama Mukura’ agiye kuba...
Nyuma yo gutangaza umutoza mukuru wavuye muri Gasogi United, ikipe ya Gorilla FC izaba ifite umwungiriza uri gutangira umwuga w’ubutoza. Mu ...
Biciye mu Irebero Goalkeeper Training Center n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), hatangiye igikorwa cyo gushaka impano ...
Igikombe cy’Isi cy’aba-Veterans cyagombaga kubera mu Rwanda muri Nzeri uyu mwaka, ntikikibaye nk’uko bigaragara mu Itangazo ryashyizwe hanze...
APR FC ikomeje kwitegura imikino ya CAF Champions League yatangaje ko yarangije ibiganiro n’abakinnyi babiri bakina mu kibuga hagati ari bo ...
Nyuma yo kwegukana ibikombe bibiri mu mwaka w’imikino 2023-2024, abatoza ba Rayon Sports Women Football Club, bahawe amasezerano mashya. Ku ...
Mu gihe Rayon Sports yatangije ubukangurambaga bwo gukusanya miliyoni 40 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo bongerere Muhire Kevin amasezera...
Umutoza w’abanyezamu ba Gorilla FC akaba n’umwarimu w’abatoza b’abanyezamu (Instructor), Higiro Thomas, yatangije umushinga wo gushaka abana...
Nyuma yo gusinyana amasezerano n’uruganda rukora imigati rwa “The Women Bakery”, hakomeje kwibazwa irengero ry’umushinga wa Rayon Sports, ...
Ibitego bya Bruno Fernandes, Bernardo Silva na Samet Akaydin witsinze nibyo byahesheje intsinzi Portugal ibona amanota atatu ayemerera guhit...
Abayobozi baravuga ko byibuze abantu 18 bishwe abandi 30 barakomereka mu iturika ritandukanye ry’ibisasu ryahitanye abantu muri Leta ya Born...