Ingengo y’Imari 2026/2027: Abasenateri bashimye u Rwanda rugiye kwihaza ku ngengo y’imari irenga miliyari 7,700 Frw
Nka kimwe mu bimenyetso bikomeye byerekana ko u Rwanda ruri mu nzira nshya yo kwigira no gukura amaso ku nkunga z’amahanga, Abasenateri ba...