FERWAFA yaregewe Umunyamakuru KNC ashinjwa ubwambuzi.
Umunyamakuru akaba na Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC yarezwe mu ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru m...
Umunyamakuru akaba na Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC yarezwe mu ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru m...
U Budage bwatsinze Écosse mu mukino ufungura Euro 2024 ndetse bunatsindira imbere y’abafana babwo ibitego 5-1, harimo bitatu byo mu gice cya...
Amarerero ya Paris Saint Germain na Bayern Munich ni yo azabanza gusogongera kuri Stade Amahoro ivuguruye, mbere y’umukino wa APR FC na Rayo...
Nyuma y’amakuru amusubiza mu kipe ya Rayon Sports, Niyonzima Olivier Seifu, yahawe ikaze n’abakunzi b’iyi kipe bari hirya no hino. Mu gihe u...
Myugariro Buregeya Prince wakinaga mu ikipe ya APR FC yatangaje ko yatandukanye nayo nyuma y’imyaka 7 yari ayimazemo ashimira ubuyobozi bway...
Nyuma y’uko hari kwitegura itahwa ryayo, Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yamenyesheje Ishyirahamwe rya Ruhago mu ...
Ikipe ya Mukura Victory Sports yasinyishije imyaka ibiri umukinnyi wari mu muryango winjira muri Rayon Sports. Mu gihe Rayon Sports yari i...
Mu gihe umwaka w’imikino 2024/2025 uzatangira muri Kanama uyu mwaka, abasifuzi barimo abo mu Cyiciro cya Mbere cy’umupira w’Amaguru mu Rwand...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yamaze gutangaza ko tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’amajonjora yo gusha...
Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Omborenga Fitina wakiniraga APR FC na Hakizimana Muhadjiri wari uri muri Police FC mu gihe habura umunsi ...
Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), Munyantwali Alphonse, yatangaje ko intsinzi Ikipe y’Igihugu ikomeje kubona bizayifas...
Nyuma y’urugendo rurerure ariko rwarimo intsinzi, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yageze mu Rwanda yakiranwa ubwuzu ku bw’akazi gakomey...
Nyuma yo gusinya amasezerano y’imyaka ibiri, Mugiraneza Frodouard wakiniraga Kiyovu Sports yahise atangira imyitozo muri APR FC. Mbere y’u...
Minisiteri ya Siporo yatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino wo gusogongera kuri Stade Amahoro, uzahuza APR FC na Rayon Sports mu mpera z’i...
Ubuyobozi bw’ikipe ya As Kigali bwatangaje ko nta kabuza iyi kipe izaba ihatana n’ayandi mu mwaka utaha wa Shampiyona, nubwo kugeza kuri uyu...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kamena 2024 kuri sitade Amahoro hateganyijwe umukino w’ishiraniro ugomba guhuza APR FC na Rayon Sports mu...
Igitego cya Kwizera Jojea Kwizera ku munota wa 45 ni cyo kibaye itandukaniro ry’umukino w’umunsi wa kane w’amajonjora yo gushaka itike y’igi...
Umunya-Serbia Darko Nović ashobora kugirwa Umutoza mushya wa APR FC iheruka gutandukana na Thierry Froger mu mpera z’umwaka w’imikino. APR F...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Kamena 2024 ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi irakirwa na Lesotho mu mukino wo gushaka itike...
Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Nyasa Big Bullets yo muri Malawi na Red Arrows yo muri Zambia zatumiwe...
Ahoyikuye Jean Paul uzwi nka Mukonya wakiniraga AS Kigali, yitabye Imana azize impanuka yo mu kibuga. Iyi nkuru y’akababaro, yamenyekanye ku...