Intambara ya Ukraine: Putin yavuze ko bagiye kwihorera nyuma y’igitero kuri kaminuza cyaguyemo abantu 6 muri Luhansk

 


Umwuka w’intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine ukomeje gufata intera ikaye, nyuma y’aho Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, atangarije ko ingabo zabo zigiye kwihorera zizira umujinya ku bitero bya Ukraine byagabwe ku icumbi ry’abanyeshuri mu Burasirazuba bwa Ukraine.

Iki gitero cyagabwe mu Mujyi wa Starobilsk ubarizwa mu gace ka Luhansk (kagenzurwa n'u Burusiya), kikaba cyaguyemo abantu batandatu (6), abandi icyenda (9) barakomereka, nanjye abantu 15 baburirwa irengero.

Iby’ingenzi wamenya kuri iki gucakirana:

  • Guhakana ibirindiro bya gisirikare: Mu gihe Ukraine yemezaga ko yarashe icyicaro cy’itsinda rirwanisha drones z’u Burusiya muri Starobilsk, Putin yaje ku kinyandiko ahakana ibi bikomeye. Yagize ati: "Nta nyubako za gisirikare, nta bikorwaremezo by’ubutasi cyangwa ibindi bifitanye isano biri muri izo nyubako."

  • Uburyo igitero cyagenze: Ubutegetsi bwa Moscow bwagaragaje ko Ukraine yakoresheje drones 16 mu bitero bitatu bwayigabyeho bwikurikiranya. Umwe mu banyeshuri barokotse yavuze ko bagenzi be benshi bakomerekejwe n’ibisigazwa by’inyubako y’icumbi yasenyutse.

  • Ibitero bikomeje kwisukiranya: Iki gitero kije gikurikira ubutumwa bwa Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, wo ku wa Kane tariki 21 Gicurasi 2026, aho yiyemereye ko ingabo ze zarashhe ku Biro Bikuru by’Ubutasi bw’u Burusiya (FSB) mu Ntara ya Kherson, bikaba byarahitanye cyangwa bigakomeretsa abantu bagera ku 100, nubwo u Burusiya bwo bwarumye gihye kuri uyu muhigo.


No comments

IZIHERUKA

Ikibazo cya Nucléaire: IAEA itewe impungenge n’uko Iran imaze umwaka itanga amakuru mu ibanga nyuma yo kuraswaho na Amerika

  Ikigo Mpuzamahanga Gishinzwe Ingufu za Nucléaire ( IAEA ) cyasohoye raporo nshya nshirana itakamba, kigaragaza impungenge zikomeye z’uko c...

Powered by Blogger.