Abapadiri babiri n'abanyeshuri bo mu iseminari ya Zaza bafunzwe bakekwaho kwica Umunyeshuri
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abapadiri Babiri n’abaseminari (Abanyeshuri biga mu iseminari) bashinjwa urupfu ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abapadiri Babiri n’abaseminari (Abanyeshuri biga mu iseminari) bashinjwa urupfu ...
Mu Karere ka Gatsibo, umurenge wa Muhura, akagali ka Rumuli mu mudugudu wa Rweza hari umukecuru witwa Nzamugurisuka Madarina w’imyaka 70 y...
Umugabo witwa Bagaragaza Jean Pierre w’imyaka 32 wo mu karere ka Nyamasheke, umurenge wa Bushekeri, akagari ka Buvunga mu mudugudu wa Winkam...
Ku gicamunsi cyo ku cyumweru tariki ya 16 Kamena 2024, abashumba barwanye n’abakarani, bamwe bakubita abandi imyase n’ibibando, abandi na bo...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ibibujijwe gukorwa mu gihe Abakandida mu matora ya Perezida n’ay’Abadepite bazaba batangiye ibi...
Bamwe mu bakirisitu basengera ku musozi wa Shori wo ku ijuru rya Kamonyi muri aka Karere, bavuga ko batakitwa amazina y’abantu kuko bahamaga...
Kuri uyu wa mbere Leta y’u Rwanda yasubije abaturage amazu arenga 160 y’ubucuruzi yo muri santare ya Mahoko mu karere ka Rubavu mu ntara y’U...
Mu mukwabu wa Polisi wo gufata abakora inzego zitujuje ubuziranenge, umuturage wo mu Karere ka Musanze yafatanywe litiro 2000 by’iyitwa ‘Nzo...
Amakuru ava mu karere ka Nyanza mu murenge wa Kigoma, akagari ka Mulinja mu mudugudu w’Akana ka Mulinja aravuga ko umusore witwa Tuyishime E...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko mu mujyi wa Rusizi hagiye kubakwa umuhanda abasaza n’abakecuru bazajya bagendamo n’amaguru ukab...
Inzu y’umuturage witwa Sahunkuye Anicet uri mu kigero cy’imyaka 44 wo mu mudugudu wa Rukoma, akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharambuga...
Abapolisi barenga igihumbi nibo bamaze guhabwa amahugurwa yihariye ku bijyanye no gucunga umutekano mu gihe cyo kwiyamamaza no ku munsi w’am...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko mu myaka ine ishize ingo ibihumbi 41 z’abatishoboye zigishijwe gutegura indyo yuzuye irimo ibi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufatanyije na Polisi, rwasabye abafite intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuzishyikiriza P...
Abaturage bivuriza ku Ivuriro rya Buliba riri mu Kagari ka Buliba mu Murenge wa Rukira, Akarere ka Ngoma, baravuga imyato Leta y’u Rwanda ya...
Umusore w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, afungiye kuri Polisi Sitasiyo ya Muhoza, aho akekwaho gus...
Abagabo batatu bakomoka mu Murenge wa Kabagari bagwiriwe n’ikirombe bacukuramo amabuye y’agaciro barapfa. Iyi mpanuka yishe abo bagabo 3 yab...
Abafite ubumuga bw’uruhu rwera barishimira kuba barimo kwegerezwa serivisi z’ubuvuzi bw’indwara zishamikiye ku bumuga bafite harimo na kanse...
Gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga z’agateganyo byasubitswe mu gihe kingana n’ukwezi, nk’uko byatangajwe na Polisi ishinzwe iyo Seri...
Ikigo cy’Ubwubatsi cya ADHI Rwanda cyubatse inzu ziciriritse mu mushinga wa ’Bwiza Riverside Homes’ cyinjiye mu mikoranire n’Ikigo Nyafurika...
Ahoyikuye Jean Paul uzwi nka Mukonya wakiniraga AS Kigali, yitabye Imana azize impanuka yo mu kibuga. Iyi nkuru y’akababaro, yamenyekanye ku...