Abapadiri babiri n'abanyeshuri bo mu iseminari ya Zaza bafunzwe bakekwaho kwica Umunyeshuri

Published from Blogger Prime Android App

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abapadiri Babiri n’abaseminari (Abanyeshuri biga mu iseminari) bashinjwa urupfu urupfu rw’umuseminari.

Abatawe muri yombi ni Padiri Nkomejegusaba Alexandre, ushinzwe Umutungo, na Padiri Mbonigaba Jean Bosco n’abaseminari Babiri bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rwa mugenzi wabo.

Aba bose bafunzwe Tariki ya 16 Kamena 2024 na RIB aho bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umuseminari, Shema Christian.

Bikekwa ko uyu museminari yapfuye azize gukubitwa na bagenzi be biganaga muri Petit Seminaire Saint Kizito Zaza.
Published from Blogger Prime Android App
Published from Blogger Prime Android App

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Uganda: Amerika yaburiye abaturage bayo nyuma y’intsinzi ya Museveni n'imyigaragambyo yatumijwe na Bobi Wine

  KAMPALA – Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye umuburo ukomeye ugenewe abaturage bayo bari muri icyo gihugu, nyum...

Powered by Blogger.