U Buhinde: Umuvugabutumwa ashinjwa guteza umuvundo wapfiriyemo abarenga 116
Polisi yo mu Buhinde iri gushakisha umuvugabutumwa witwa Bhole Baba ushinjwa guteza umuvundo mu masengesho wapfiriyemo abayoboke barenga 116...
Isoko y'amakuru yizewe kandi agezweho
Polisi yo mu Buhinde iri gushakisha umuvugabutumwa witwa Bhole Baba ushinjwa guteza umuvundo mu masengesho wapfiriyemo abayoboke barenga 116...
Tombora yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’Afurika ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi yisanze mu itsinda D. Kuri uyu Wa Kane taliki ya...
Umusore witwa Ferdinand Nsengiyuma alias Rusakara w’imyaka 38, yatawe muri yombi akekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umuturage wo mu Karere...
Amazu arenga 100 abarizwa mu karere ka Nyalukemba mu mujyi wa Bukavu muri repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yibasiwe n’inkongi y’umu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko mu myaka irindwi abaturage bahawe amashanyarazi bavuye kuri 58% ubu abayafite bari kuri 80,7%. ...
Abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishe abashinwa bagera kuri batandatu mu ntara ya Ituri...
Mu myigaragambyo yabaye ku wa kabiri Kamena 2024, Polisi ya Turkiya yataye muri yombi abantu bagera ku ijana na mirongo irindwi bari mu myig...
Umukobwa umaze kuba ikimenyabose nka Jacky aho azwiho cyane kwambara ubusa no kugira isoni nkeye ku mbuga nkoranyambaga yahawe amafaranga n’...