Amavubi yisanze ah'abagabo muri tombora yo gushaka itike mu gikombe cy'Afurika



Tombora yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’Afurika ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi yisanze mu itsinda D.

Kuri uyu Wa Kane taliki ya 4 Nyakanga 2024 nibwo iyi tombora yabaye i Johannesburg muri Afurika y’Epfo.

Ubwo batomboraga ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yisanze mu itsinda D aho arikumwe n’ikipe y’igihugu ya Benin, Libya ndetse na Nigeria.

Amavubi yisanze ari kumwe na Nigeria ndetse na Benin nyuma yuko n’ubundi bari mu itsinda rimwe mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026.

Biteganyijwe ko imikino yo mu matsinda izatangira gukinwa mu kwezi kwa 9 uyu mwaka aho amakipe 2 ya mbere mu matsinda 12 ari yo azabona itike.



No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Jacky umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga yatunguwe n’uwiyita Mpanoyimana wamuhaye amafaranga atagira ingano

Umukobwa umaze kuba ikimenyabose nka Jacky aho azwiho cyane kwambara ubusa no kugira isoni nkeye ku mbuga nkoranyambaga yahawe amafaranga n’...

Powered by Blogger.