Uwahoze ari umunyamakuru wa radio Okapi yisangiye umutwe wa M23


Uwahoze ari umunyamakuru wa radio Okapi yisangiye umutwe wa M23 nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’uyu mutwe mu bya gisirikare Lt .Col Willy Ngoma.

Uyu munyamakuru yanahoze ari umujyanama wa Ceni Abbé Malu Malu, na Corneille Nangaa, mu byitumanaho mu gihe bari ku mwanya w’ubuyobozi bwa Komisiyo y’amatora muri Congo.

Ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, aho yavuze ko M23 yakriye umunyamakuru w’icyamamare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, uzwi ku mazina ya Magloire Paluku.

Ibi Ngoma yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranya mbaga, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09/07/2024, bugira buti: “Ari hano, turikumwe nawe, kandi yadusanze kimwe n’abandi Banye-kongo badusanga.”

Paluku kandi yigezeho no kuba umujyanama mu kuru wa madamu Sama Lukonde wabayeho minisitiri w’intebe wa RDC, ubu akaba yakoraga kuri Radio ya Kivu 1 ikorera mu Burasirazuba bwa Congo.

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Jacky umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga yatunguwe n’uwiyita Mpanoyimana wamuhaye amafaranga atagira ingano

Umukobwa umaze kuba ikimenyabose nka Jacky aho azwiho cyane kwambara ubusa no kugira isoni nkeye ku mbuga nkoranyambaga yahawe amafaranga n’...

Powered by Blogger.