Israel na Hamas mu marembo y'ibiganiro



Hari ibimenyetso bigaragaza ko Amerika na Qatar bashobora guhuza Israel na Hamas mu nzira y’amahoro.

Ibi bimenyetso bishingira ko Israel yemeye kohereza intumwa muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kugira ngo ziganirize perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe.

Ni mu gihe Hamas, nayo binyuze muri Quatar iri gukora nk’umuhuza yasabye ko Israel yakura ingabo zayo muri Gaza , Hamas nayo ukarekura imfungwa zayo.

Kuba Israel yaremeye kohereza intumwa muri Amerika ni ibimenyetso by’uko iki gihugu gishobora kuba cyemeye iby’ibi biganiro, nyuma y’uko yari yarabyanze ivuga ko izahangana.

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Uganda: Amerika yaburiye abaturage bayo nyuma y’intsinzi ya Museveni n'imyigaragambyo yatumijwe na Bobi Wine

  KAMPALA – Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye umuburo ukomeye ugenewe abaturage bayo bari muri icyo gihugu, nyum...

Powered by Blogger.