Unukinnyi wa As Kigali Félix Koné, yabereye ibamba umusohora mu nzu kubera ubukode



Umukinyi wa As Kigali ifashwa n’umugi wa Kigali yasohowe mu nzu yakodeshaga azira kutishyura gusa yanze kuyisohokamo.

Félix Koné ukomoka muri Côte d’Ivoire ukinira ikipe ya AS Kigali, yasohowe mu nzu kubera kutishyura ubukode ariko yanga kuyivamo.

Ikinyamakuru Umuseke gitangaza ko uyu mukinnyi yasohowe mu nzu kuko amaze amezi atatu atishyura ubukode ariko akanga kuyivamo.

Kugeza kuri ubu Félix Koné arishyuzwa amezi atatu (4,5,6) angana n’ibihumbi 240 Frw kuko ukwezi kumwe yakwishyuraga ibihumbi 80 Frw.

Nubwo Félix Koné ari kwishyuzwa amafaranga y’inzu na we ari kwishyuza imishahara ye As Kigali imubereyemo

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Uganda: Amerika yaburiye abaturage bayo nyuma y’intsinzi ya Museveni n'imyigaragambyo yatumijwe na Bobi Wine

  KAMPALA – Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye umuburo ukomeye ugenewe abaturage bayo bari muri icyo gihugu, nyum...

Powered by Blogger.