Unukinnyi wa As Kigali Félix Koné, yabereye ibamba umusohora mu nzu kubera ubukode



Umukinyi wa As Kigali ifashwa n’umugi wa Kigali yasohowe mu nzu yakodeshaga azira kutishyura gusa yanze kuyisohokamo.

Félix Koné ukomoka muri Côte d’Ivoire ukinira ikipe ya AS Kigali, yasohowe mu nzu kubera kutishyura ubukode ariko yanga kuyivamo.

Ikinyamakuru Umuseke gitangaza ko uyu mukinnyi yasohowe mu nzu kuko amaze amezi atatu atishyura ubukode ariko akanga kuyivamo.

Kugeza kuri ubu Félix Koné arishyuzwa amezi atatu (4,5,6) angana n’ibihumbi 240 Frw kuko ukwezi kumwe yakwishyuraga ibihumbi 80 Frw.

Nubwo Félix Koné ari kwishyuzwa amafaranga y’inzu na we ari kwishyuza imishahara ye As Kigali imubereyemo

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Dore uko wakwirinda umubyibuho ukabije no kugira inda nini

Birashoboka cyane ko umuntu ashobora kwirinda umubyibuho ukabije w’inda hadakoreshejwe ubundi buryo bukomeye nka Liposuction (uburyo bukores...

Powered by Blogger.