Ukraine: Hamaze kwandikwa imfungwa 3,000 zizajya ku rugamba guhangana n'u Burusiya.



Mu rwego rwo gushaka abarwanyi bashya mu ngabo zacyo mu gihe ibitero by’u Burusiya bikomeje, Igisirikare cya Ukraine cyatangiye kubashakira mu mfungwa, aho bivugwa ko hamaze kwandikwa abagera mu 3.000 .

Mu gihe amasezerano yabo ya gisirikare azaba arangiye, imfungwa zizahabwa igihano nsimburagifungo intambara nirangira.

Ukraine bivugwa ko ifite ikibazo cy’abasirikare bahagije. Abaturage bayo nimiliyoni 38 ugereranije na miliyoni 144 z’Abarusiya; kandi habaye gutakaza abasirikare benshi ku rugamba kandi ngo abakiriho benshi barananiwe.

Itegeko rishya rigamije gukusanya abandi basirikare benshi, ariko bishobora gutwara amezi nk’uko iyi nkuru dukesha DW ivuga.

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

RDC: Urukiko rwa gisirikare rwakatiye igihano cy'urupfu abasirikare 25 bahunze imirwano

  Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye urwo gupfa abasirikare 25 bo mu ngabo z’iki gihugu (FARDC),...

Powered by Blogger.