Rusizi: Gihundwe haravugwa urupfu rw'umusore wasanzwe yajugunywe mu mugezi



Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Kamena 2024 ,abaturage bazindukiye ku mugenzi bagiye kuvoma amazi ,basanze umurambo w’umusore mu gishanga Kiri hafi zi aho bagiye kuvoma.

Amakuru avuga ko umurambo w’uwo musore wagaragaragaye mu gishanga giherereye mu Murenge wa Shyogwe mu kagari ka Mbare nyuma y’uko ubonywe n’abagore n’abana bari bagiye kuvoma mu rukerera babimenyeshe ubuyobozi bw’inzego z’ibanze.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Shyogwe, Niyonzima Gustave yavuze ko uwo musore wapfuye umwirondoro we utaramenyekana ndetse ko ubuyobozi bugomba gutanga itangazo kugira ngo abo mu Muryango we bamenyekane .

Umurambo w’umusore bikekwa ko yishwe n’abagize ba nabi wajyanwe mu bitaro bikuru bya Kabgayi mu karere ka Muhanga Kugira ngo ukorerwe isuzumwa hamenyekane icyamwishe .

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Jacky umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga yatunguwe n’uwiyita Mpanoyimana wamuhaye amafaranga atagira ingano

Umukobwa umaze kuba ikimenyabose nka Jacky aho azwiho cyane kwambara ubusa no kugira isoni nkeye ku mbuga nkoranyambaga yahawe amafaranga n’...

Powered by Blogger.