Menya ibyiza byo kurya umwembe buri munsi.



Umwembe ni urubuto rw’ingirakamaro ku buzima bwa muntu kuko rukungahaye ku ntungamubiri zituma uruhu rw’umubiri w’umuntu rudasaza imburagihe bigatuma n’umubiri umererwa neza.

Muri iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Medical News Today tugiye kurebera hamwe ibyiza byo kurya imyembe.

1. Umuntu urya umwembe nibura inshuro imwe ku munsi ntashobora kwibasirwa na kanseri ifata mu myanya myibarukiro.

2. Umuntu urya umwembe bimurinda gusaza kubera Zeaxanthin na antioxydant bigize umwembe bituma umuntu ahorana itoto.

3. Umwembe kandi ufite Vitamin K cyangwa Potassium ituma umuntu atibasirwa n’indwara zifata umutima maze umuntu agahorana ubuzima buzira umuze.

4. Ku bantu bakunda kugira ikibazo cy’impatwe (constipation) umwembe urabafasha kuko muri wo harimo fibre n’amazi birinda iyo ndwara.

5. Umwembe kandi urinda indwara z’amaso kuko ukungahaye kuri Vitamin A.

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Amavubi: Ntwari Fiacre agiye kumara ibyumweru bitatu hanze y’ikibuga nyuma yo kubagwa

  Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ n’ikipe ya Kaizer Chiefs muri Afurika y’Epfo, Ntwari Fiacre , ntazagaragara mu kibuga mu...

Powered by Blogger.