Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko yatandukanye n’abakinnyi 4 bari basoje amasezerano yabo.

Published from Blogger Prime Android App

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko yatandukanye n’abakinnyi 4 bari basoje amasezerano yabo.

Ku wa Gatatu tariki ya 19 Kamena 2024, nibwo APR FC yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi barimo myugariro Fitina Ombolenga.

Abandi bakinnyi batandukanye na APR FC ni Ishimwe Christian, Bizimana Yannick na myugariro Rwabuhihi Placide.

Nyuma y’uko aba batandukanye n’iyi kipe, APR FC yahise yongereye amasezerano y’imyaka 2 ba myugariro, Niyigena Clement na Nshimiyimana Yunusu.

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Uganda: Amerika yaburiye abaturage bayo nyuma y’intsinzi ya Museveni n'imyigaragambyo yatumijwe na Bobi Wine

  KAMPALA – Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye umuburo ukomeye ugenewe abaturage bayo bari muri icyo gihugu, nyum...

Powered by Blogger.