Ikipe ya Gikundiro itangiye umwaka wa 2026 isinyisha abakinnyi batandukanye.



Amakuru agezweho muri siporo agaragara ko ikipe ya Gikundiro intangiye umwaka wa 2026, isinyisha abakinnyi batandukanye. 

Muri bo reka duhere kuri Olivier KWIZERA ywongeye gusinya amasezerano muri Rayon Sports ku nshuro ya Kabiri, yaherukaga muri iyi kipe 2020.



Rayon Sports kandi yasinyishije myugariro Yannick Bangala Litombo , uyu musore ukomoka muri DR Congo ,yakiniye amakipe nka DCMP, Vital Club (DRC),Young Africans na Azam FC zo muri Tanzania

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Uganda: Amerika yaburiye abaturage bayo nyuma y’intsinzi ya Museveni n'imyigaragambyo yatumijwe na Bobi Wine

  KAMPALA – Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye umuburo ukomeye ugenewe abaturage bayo bari muri icyo gihugu, nyum...

Powered by Blogger.