Umuhanzi Davido uri mu bakomeye muri Nigeria ari kwitegura gusezerana n'umukunzi we Chioma

Published from Blogger Prime Android App

Umuhanzi Davido uri mu bakomeye muri Nigeria yagaragaje ko ari kwitegura gusezerana na Chioma bamaze igihe bakundana ndetse banabyaranye.

Aba bombi bazasezerana mu muhango gakondo wo muri Nigeria mu birori bizaba muri uku kwezi kwa Kamena uyu mwaka.

Amakuru y’ubukwe bwa Davido avuga ko bushobora kuzaba ku wa 25 Kamena 2024.

Davido na Chioma bari baziranye mu myaka 20 mbere yo gukundana. Mu mwaka ushize aba bombi babyaye impanga nyuma y’aho mu 2022 bari bapfushije undi w’imyaka itatu.

No comments

IZIHERUKA

Mozambique mu muvuno mushya: U Burusiya bwayitegeye amaboko mu guhashya iterabwoba riri muri Cabo Delgado

  U Burusiya bwamaze gutangaza ko bwiteguye guha ubufasha bwose bukenewe igihugu cya Mozambique mu rugamba rwo guhashya burundu imitwe y’ite...

Powered by Blogger.