Nilson Rwema yasinyanye amasezerano na La Louviere yo mu Bubiligi.



Umukinnyi w’umunyarwanda Dave Nilson Rwema Nsabimana yasinyiye ikipe ya Raal La Louviere yo mu Bubiligi.

Nsabimana w’imyaka 16 yasinyiye Raal La Louviere nyuma yo kuva mu ikipe y’abato ya KAA Gent.

Uyu musore ukina nka myugariro yitezweho byinshi muri ikipe kubera ubuhanga bwe agaragaza mu kibuga.

Dave Nilson Rwema Nsabimana abaye umukinnyi wa kabiri w’umunya-Rwanda winjiye muri iyi kipe ya Raal La Louviere nyuma ya Samuel Gueulette uherutse kongera amasezerano muri iyi kipe.

Nsabimana avuka ku babyeyi b’Abanya-Rwanda gusa yavukiye mu Bubiligi, aho ku myaka ye nta kipe y’igihugu yaba inkuru cyangwa iy’abato yari yakinira.

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Uganda: Amerika yaburiye abaturage bayo nyuma y’intsinzi ya Museveni n'imyigaragambyo yatumijwe na Bobi Wine

  KAMPALA – Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye umuburo ukomeye ugenewe abaturage bayo bari muri icyo gihugu, nyum...

Powered by Blogger.