RDC: Perezida Tshisekedi yamwongeje amapeti kugera aho ashaka kongera kumuzamura akamutsembera.

Published from Blogger Prime Android App

Umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahurutse gutangaza ko atahemukira umukuru w’Igihugu Tshisekedi kuko yamuzamuriye amapeti ubugira gatatu akigera ku butegetsi, kugeza ubwo ahurutse gushaka kumwongera ipeti undi akamuhakanira.

Nk’uko Gen Christian Tshiwewe Songesa, yabitangaje mu Cyumweru gishize ubwo yari mu mu rusengero rumwe i Kinshasa, yavuze ko mu Isi no mwinjuru atahemukira Imana na Tshisekedi ukomeje kumuzamura mu ntera.

Tshiwewe Songesa avuga ko muri manda ya mbere y’imyaka itanu, Tshisekedi ya yoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasanze we yari afite ipeti rya Brigadier General, ahita amuzamura amuha ipeti rya Major Gen, maze ngo aza kongera ku muha irya Lt General, ndetse ngo nyuma yabwo, yongera kumuha ipeti rya Generali riruta andi muri Congo.

Yanavuze ko Perezida Félix Tshisekedi muri yi manda ye yakabiri, yamubajije niba hari irindi peti yifuza yamuha, undi nawe amubwira ko nta rindi peti ashaka.

Yagize ati: “Tshisekedi, nta cyo na muburanye, yampaye ipeti rikuru riruta iryabandi basirikare bo muri leta ya Kinshasa bose bafite. Ni umubyeyi wanjye, mubo na kinisha, Imana na Tshisekedi nti barimo, amaze kumpa ipeti zitatu zikuru, ibyo byose yabikoze muri manda ye ya mbere.”

Tshiwewe, ibi yabivuze mu rwego rwo gushima Imana na Perezida Félix Tshisekedi wa mu bereye umukunzi wa hafi.

No comments

IZAKUNZWE

IZIHERUKA

Jacky umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga yatunguwe n’uwiyita Mpanoyimana wamuhaye amafaranga atagira ingano

Umukobwa umaze kuba ikimenyabose nka Jacky aho azwiho cyane kwambara ubusa no kugira isoni nkeye ku mbuga nkoranyambaga yahawe amafaranga n’...

Powered by Blogger.